Bamwe mu baturege bo mu mirenge y’akarere ka Rubavu bavuga ko bahangayikishijwe no kubona ubwiherero aho ushoboye kugerageza adashobora kurenza metero imwe, abashobora kuzirenza bakaba ari abifite.
Bamwe mu barwaye imidido bavuga ko gukeka ko barozwe bakabanza kujyanwa mu bapfumu biri muri bimwe bituma batinda kwivuza bakaba bajyayo byararengeranye kubera kutagira ubumenyi kuri iyo indwara. Abo twasanze mu kigo kibitaho cya saint Vinc
Nyirasafari Espérance ni we ugiye kuyobora by’agateganyo Sena y’u Rwanda nyuma y’aho Dr. Iyamuremye Augustin yeguye kuri uwo mwanya ndetse no ku wa senateri ku mpamvu z’uburwayi.
Minisitiri w’ibidukikije Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc yatangaje ko u Rwanda rugiye gushyira imbaraga mu kubyaza umusaruro mu by’ubukungu imyanda itabora,asaba abanyarwanda kugaragaza ubushake mu gushyira mu bikorwa iyi gahunda.
Mu bukangurambaga bwa polisi bwo kubungabunga umutekano wo mu muhanda,abamotari n’abanyonzi basabwe kwirinda amakosa n’uburangare byatumye baza ku isonga mu guteza impanuka harimo n’izahitanye ubuzima bw’abo bari batwaye muri uyu mwaka wa 2