Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Musanze mu murenge wa gacaca bavuga ko nta mpungenge bafite zo kuba bakingiza abana babo COVID-19 kuko na bo bikingije ntibigire ingaruka, bityo ko nta kibazo bakibigiraho ari nayo mpamvu nta mpamvu bakwanga
Abayobozi batandukanye bafite aho bahuriye n’ubuhinzi muri Afurika, bagaragaza ko abahinzi bagifite ibibazo ariko byumwihariko abahinzi bato bo bagifite byinshi bitandukanye, bikenewe gushakirwa ibisubizo kugira ngo butange umusaruro uhag
Bamwe mu babyeyi bo mu Karere ka Musanze mu murenge wa Muko bavuga ko bahangayikishijwe n’urubyiruko rusigaye rwishora mu nzoga za make bita iz’inkorano bakavuga ko biteye inkeke kuko usanga basinze Kandi bagasa n’abasazi bagasaba ko ubuyob
Kuva tariki 20 Mata kugeza 17 Gicurasi, mu nyubako y’ubucuruzi izwi nka MIC iherereye mu mujyi wa Kigali rwa gati hari kubera imurikagurisha ritegurwa n’abanyamisiri. Ni ahantu ukwiye guhahira dore ko banaranguza. Impamvu ikomeye udakwiye g
Bamwe mu basore bo mu Karere ka Bugesera mu mujyi wa Nyamata bavuga ko bazi ibyiza byo kwisiramuza, ko uwabikoze bishobora kumurinda kwandura virusi ya SIDA ariko ko abakabikoze ari abakora ubusambanyi bo bafite ibyo birinda, utabikora ko