Ikigo cy’igihugu gitsura ubuziranenge “RSB” kigaragaza ko kuba u Rwanda rwarahawe icyemezo mpuzamahanga cyo gutanga ibirango by’ubuziranenge ku bicuruzwa ari amahirwe akomeye y’u Rwanda ku isoko rya Afurika. Mu gikorwa cyo kwizihiza umunsi
Korali Rangurura ikorera umurimo w’Imana kuri Paruwasi ya ADEPR Gihogwe yakoze umuganda hamwe n’abandi bakirisitu bubakira umuturage utishoboye wasenyewe n’ibiza muri gahunda yayo y’icyumweru cy’ivugabutumwa bise Rangurura Evangelical Week,
Mu kigo cy’igihugu cy’ubutore giherereye mu karere ka Burera hari kubera itorero Indangamirwa icyiciro cya 13, iri torero rikaba ritangiye ku wa 14 Nyakanga rikaba rizasozwa ku wa 24 Kanama 2023. Iri torero rikaba ahanini rizafasha abaryita
Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Musanze mu murenge wa gacaca bavuga ko nta mpungenge bafite zo kuba bakingiza abana babo COVID-19 kuko na bo bikingije ntibigire ingaruka, bityo ko nta kibazo bakibigiraho ari nayo mpamvu nta mpamvu bakwanga
Abayobozi batandukanye bafite aho bahuriye n’ubuhinzi muri Afurika, bagaragaza ko abahinzi bagifite ibibazo ariko byumwihariko abahinzi bato bo bagifite byinshi bitandukanye, bikenewe gushakirwa ibisubizo kugira ngo butange umusaruro uhag